У нас вы можете посмотреть бесплатно INKURU MBI:UYU MUGOROBA LE 20/3/2026 UMUYOBOZI MUKURU WA MA23 ATAWE MURI YOMBI|| NGUKO UKO BYIRIWE или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
Mu mujyi wa Goma, amakuru aravuga ko uwitwa Yannick Tshisola, umwe mu bayobozi bakuru bakorana bya hafi na Corneille Nangaa mu mutwe wa AFC/M23, yatawe muri yombi n’inzego z’uyu mutwe nyuma yo gushinjwa icyaha gikomeye cyo gusambanya ku gahato cg se gufata kungufu. Amakuru atandukanye ava muri ako gace avuga ko Tshisola amaze iminsi ibiri afungiwe ahantu hatazwi neza, aho akurikiranyweho kuba yaragerageje gufata ku ngufu umugore witwa Solange. Uwo mugore bivugwa ko yari yagiye mu biro bye agamije gusaba akazi, ari na bwo yahuye n’icyo gikorwa cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Nk’uko ayo makuru akomeza abivuga, ifatwa rya Tshisola ryategetswe n’ubuyobozi bwa AFC/M23 nyuma y’uko ibi birego bimugejejweho ndetse nibimenyetso bifatika ngo ibyo byose yabikoraga hari camera mu rwego rwo kugaragaza ko uyu mutwe wifuza guhana imyitwarire idahwitse mu bawugize. Abasesenguzi bavuga ko ibirego nk’ibi, iyo byemejwe, bishobora kugira ingaruka zikomeye ku isura n’icyizere uyu mutwe ufitiwe, cyane cyane mu gihe umaze igihe ushinjwa ibibazo bitandukanye bijyanye n’uburenganzira bwa muntu. #afc #fardc #wazalendo #amakuru #bbc #congonews #fdnb #kasika #mamaurwagasabo #afroinfos243