У нас вы можете посмотреть бесплатно Muri we Niryo Banga by Adino Nizihiwe или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
Benshi tubayejho mu buretwa bwo gusaba Imana ibyo twifuza nyamara sikenshi dufata umwanya woguhugukira kumenya icyo Data yaduhaye muri Kristo Yesu. Vakundwa nimukanguke twinjire mu munezero w'Abera Song: Muriwe niryo Banga Written by: Adino Ndizihiwe Music Producer: Adino Ndizihiwe Lyrics: [BRIDGE] Itegereze urebe, Imana Ishaka kudusobanurira URUKUNDO RWAYO, ariko twe turarangaye, ntidushishikajwe no gushaka gusobanukirwa, Kandi koko iyo ushishikajwe no kwiga, ukurura amahirwe yogusonanukirwa. Abenshi muritwe bigishwa byinshi, bakumva ndetse bagatecyereza ibintu hari nabarota ibintu, ariko ntibabisobanukirwe kandi bakumva ntacyobitwaye, Nyamara ikintu gikomeye ushobora kubura ni umwuka wubwenjye. [VERSE 1] Nihame ryumwuka kugira inzara ninyota yo gusobanukirwa urukundo rwImana, kuko nigihombo nyikomeye kubaho tutaruzi. Kimwe nuko kwibaza ibibazo bikurura kumenya Ntibishoboka ko tubura umwete wokurya kuko tuziko tutariye twapfa, Nyamara ntiduharanira kumenya urwo rukundo ruhebuje byose arinarwo shingiro ryibiriho byose arinarwo dukensha kubaho. Nirwo shingiro ryokubaho kwacu kuko murirwo niho hakomotse abana bimana, ikiragano cyabami nabatambyi [CHORUS] Kurazira gusaba Imana gukora icyo igusaba gukora, kuko nogusenga ubwabyo bifite ikibazo kuko abenshi dusenga tuyisaba gukora ibyo yamaze gukora. Ahogushishikazwa kumenya ibyo yamaze gukora yoo yooo yooo yooo Bakundwa nimukanguke mubone ko byose byarangiye maze muze twinjire mu munezero nadata. [BRIDGE] Nibazaga impamvu amasengesho yabera adasubizwa, Ariko naje kumenya ko burya abenshi basaba data gukora ibyo nawe abasaba gukora Tekereza nawe wisanze usaba data kukurira ibiryo kandi yabiguteguriyeee Ngaho nawe mbwira don't you see that something is wrong with our understanding?.. [VERSE 2] Abenshi duhugiye mukurakarira imana ngo twayisenze kenshi ntiyasubiza icyifuzo cyanjye, Nyamara sibenshi bafata akanya ngo barebe niba ibyo basenga basaba batarabihawe Nicyo gituma gusenga kwabizera kutajyira akamaro Benedata nimukanguke kuko hari amakosa tugomba kwirinda cyane cyaneee Iryambere nugusaba Imana gukora icyo yamaze gukora Iryakabiri nugusaba Imana ko Ikora icyo igusaba gukora Ibanga ngokubaho ubuzima twahawe na data, Nukumenya neza ingano yurukundo yadukunze maze tukarubamo rukatubera inkingi idukingira [CHORUS] Kurazira gusaba Imana gukora icyo igusaba gukora, kuko nogusenga ubwabyo bifite ikibazo kuko abenshi dusenga tuyisaba gukora ibyo yamaze gukora. Ahogushishikazwa kumenya ibyo yamaze gukora yoo yooo yooo yooo Bakundwa nimukanguke mubone ko byose byarangiye maze muze twinjire mu munezero nadata. Urakoze YESU