У нас вы можете посмотреть бесплатно Yari agiye kuba Padiri arabireka || Dr. BIZIMANA ni muntu ki? Amateka ye ni ayahe? или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
Dr. BIZIMANA Jean Damscene Mu bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda kuva Ku munsi wo kubitangiza tariki 7/4/ kugeza bishojwe tariki 3/7 Dr BIZIMANA Jean Damascene Minisitiri w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu Atanga ibiganiro byuzuyemo amateka yihariye yaranze itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi hafi hose mu gihugu Dr BIZIMANA Jean Damascene mu buryo bwihariye ni Umwe mu bagabo bahambaye ndetse bazwi na benshi mu Rwanda kubera nyine umwihariko we mu mbwirwaruhame ze mu biganiro Atanga byuzuye ibimenyetso. Uyu mugabo benshi bamuzi nkincabwenge n’Umugabo w’igitangaza koko kuko ni umwe mu baministiri bize agera mu bushorishori bwabyo kuko afite Impamyabumenyi ya Doctorat. Dr BIZIMANA Jean Damascene ni Umwanditsi,Ni Umushakashatsi,ni Impuguke,ni Umunyamateka akaba n’umunyamategeko Uhambaye kuko Niwe muntu usobanura amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi nutamuzi akakubwira ati Uyu mugabo ibi bintu arabyumva. Uyu nguyu gihera ku bakoranye nawe kugeza kubikorera ku giti cyabo bazi Ubushobozi bwe n’akazi ntagereranywa yakoze kugirango abi bisekiuru bizakurikira bazamenye neza Uburyo ikintu kibi cyabayeho mu mateka aricyo Jenoside Yakorewe Abatutsi yateguwe ikanshyirwa mu bikorwa. Uyu mugabo yaranditse aranasoma,yarize aranigisha,yabayeho igihe kirekire arikumwe ni inyandiko ndetse bisa naho buri wese mu Rwanda no hanze Ubushobozi bwa Dr BIZIMANA Jean Damascene abuzi imihanda yose y’u Rwanda kuva I Musanze mu cyanika ugataha I Nyaruguru ku kanyaru ukongera ugaruruka I rubavu na Rusizi ugataha I kirehe mu Burasirazuba ndetse n’Ibwotamasimbi ni benshsi bazi Uyu mugabo n’uburyo asobanura amateka ya buri gice nkuwari Uhari. Ariko na none si benshi bazi ubuzima bwe bwihariye.