У нас вы можете посмотреть бесплатно Ubusobanuro Bwamazina: BOSCO & RUTH, Amazina agezweho wakwita Umwana, Duhuza amazina mu rukundo% или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
bosco na Ruth Bosco ni izina rikomoka mu gitaliyani (boscus) mu mujyi wa Turin mu gace karimo amashyamba menshi ka Piedmont ari nabyo bituma abantu baryitwa babita ba ‘Kanyamashyamba’. Mu buzima busanzwe, Bosco akunda gukora ibintu mu buryo bwimbitse mu mpande zose z’ubuzima, akunda gufata imyanzuro idakuka akayihagararaho. Akunda kwakira abantu, agaragaza amarangamutima inyuma ndetse akagaragaza n’umubabaro inyuma. Ayoborwa n’urukundo kandi iyo ntarwo abakeneye umuntu umutera umwete ndetse akamushimira ibyo akora akamwitaho. Bosco ni umunyakuri, akunda gukurikiza amategeko ndetse no kugendera kuri gahunda. Akunda gutanga ibitekerezo, kuyobora ndetse no kugenzura ibikorwa by’abandi. Ikindi kandi akunda kugaragaza itandukaniro mu Isi,ibyo bigatuma yinjira muri Politiki,imibereho myiza ndetse no guhanga udushya akoreshe impano ze. Mutagatifu Don Bosco ni uwihayimana w’i Roma mu Butaliyani, yabaye umwanditsi ndetse n’umwarimu mu kinyejana cya 19. zina Ruth ni izina rihabwa umwana w’umukobwa, rifite inkomoko mu giheburayo ku izina rē’ūth aho risobanura inshuti, naho mu cyongereza rigasobanura ubugiraneza cyangwa impuhwe. Akunda kuririmba, kuvugira mu ruhame ndetse no kuba umwanditsi kandi akunda isuku aho ari hose. Ruth arangwa no gufata ibyemezo bitajegajega, arigenga ni umukobwa mwiza inyuma umureba ariko mu mvugo ye arakomeretsanya. Ntabwo agira ubwoba bwo kuvuga ukuri nta kintu atinya cy’ingaruka zamubaho. Agira ikinyabupfura akunda ubutabera,yanga cyane umuntu urenganya undi,iyo atageze ku byo yifuzaga usanga imigambi ye ihise ipfa. Ntabwo akunda umuntu umwinjirira mu buzima kandi kandi nawe ubw’abandi ntabwo bumushishikaza.