У нас вы можете посмотреть бесплатно Kigali 🇷🇼 hagiye kubakwa ibiraro by’abanyamaguru binyura hejuru y’umuhanda /Pedestrian Bridges или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
Dr Nsabimana yabitangarije Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena, mu kiganiro yatanze aho yari ahagarariye Minisitiri w’Intebe, tariki 25 Nyakanga 2023. Dr Nsabimana avuga ko ibi biraro bizashyirwa cyane cyane aho abanyeshuri bambukira imihanda ndetse n’ahandi hari urujya n’uruza rw’abanyamaguru. Agira ati "(Uwo)akaba ari umushinga ugeze kure wigwaho kugira ngo turebe uko abanyamaguru bamwe bafite imbaraga bakwambukira hejuru, abandi(bake) bagakoresha hasi." Dr Nsabimana avuga ko mu hantu hazashyirwa ’pedestrian bridges’ harimo Nyabugogo nyuma yo kwagurirwa gare ikanahabwa ’rond point’ ihurirwamo neza n’imodoka zinjira n’izisohoka i Kigali nta mubyigano ubayeho.