У нас вы можете посмотреть бесплатно Guterekera mu Bicumbi II,Yari Umufurere arahonoka agaruka ku Muco wo Guterekera или скачать в максимальном доступном качестве, видео которое было загружено на ютуб. Для загрузки выберите вариант из формы ниже:
Если кнопки скачивания не
загрузились
НАЖМИТЕ ЗДЕСЬ или обновите страницу
Если возникают проблемы со скачиванием видео, пожалуйста напишите в поддержку по адресу внизу
страницы.
Спасибо за использование сервиса ClipSaver.ru
#Akadogo katwibutsa ko u Rwanda rwavye mu kwishakamo ibisubizo kw'abana barwo bashingiye ku muco warwo kandi ko aribyo bizarukomeza. Kuri aka Kadogo ko kuwa 07 Nyakanga 2023, umwe muri Benimana bitabiriye #Akadogo mu Bicumbi #Nsengumuremyi akaba yaratanze ubuhamya ku #Umurinzi ko yari umufurere n'umuyoboke wakuriye mu idini rizanano rya gatulika ariko uko akomeza kwiga ukuri ko #Amateka n'#Umuco by'u Rwanda n'#Africa akaza gusanga ibyo yitaga ko ari ukuri yabonye ahubwo byari ibinyoma bihimbano nabyo byibwe mu mateka nyakuri n'umuco bye niko guhonoka agarukira u Rwanda n'Umuco warwo kubera ibyigisho by'#UbuzimaBushingiyeKuMuco yakunze gukurikira kuva byatangira bituma afata umwanzuro wo kuza mu muhango wo gutura Igitambo cy'#Umuterekero w'Akadogo mu Bicumbi kwa #Nyagasani #ImandwaNkuru y'u Rwanda #MugangaRutangarwamaboko ati: Ubu ndishimye kuko nagarutse mu mwimerere w'umuco wanjye. Mu buhamya yatanze ubwo Nygasani Imandwa Nkuru y'u Rwanda yasobanuriraga #Benimana icyo umuhango wo #Guterekera aricyo n'#Imigenzo iwukorwamo icyo iba irengurizaho, uyu Nsengumuremyi yahamije ko ajya kuva mu bufurere yabitewe no gusanga abitwa abavandimwe b'urukundo (les freres de la charite) ahubwo ari abateza intambara n'ubwicanyi ku isi muburyo butazwi na rubanda n'byo kiliziya yigisha byitwa ngo ni ijambo ry'imana bikaba ari ibyibano yibye muri Africa. Ati: Ahubwo ubu nibwo ndi umuvandimwe nyawe kuko nagarutse mu muco wanjye. Uyu akereye #Umuganura2023 mu Bicumbi ndetse yahize ko byibuza azazana undi muntu umwe kuri uwo munsi KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO. Mbese wowe iyo bavuze #Guterekera uhita wumva iki....? Uyu Muhango n'ibiwugize bivuze iki kubawukora no ku Rwanda ubwarwo.....? Kurikira byose aha muri iki kigisho gishingiye ku bikorwa hamwe na Nyagasani Imandwa Nkuru y'u Rwanda Muganga Rutangarwamaboko n'abagirwa bo mu Bicumbi mu muhango wo gutura Igitambo cy'Umuterekero ku Kadogo k'Uruvunyishirizo rw'#Umuganura2023 KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO. Umuganura 2023 mu Bicumbi ni kuwa 03 Kanama 2023 vunyisha hakiri none uzabashe kwemererwa kuwitabira: 0788514177/Whatsapp: +250733090143 KUKO UMUCO ARIWO SHINGIRO. Nyagasani #ImandwaNkuru y'u Rwanda #MugangaRutangarwamaboko , #UmupfumuMukuruMuBicumbi, #Umushakashatsi, #Umwigisha w'#UbuzimaBushingiyeKuMuco, Inzobere mubyo #Umuco, #Amateka, #Imbonezabitekerezo (Filozofiya), #UmwimererePhilosophy yatangije n'#Ubuzima bwa Muntu Bushingiye ku #Imyizerere, #Imyumvire, #Imitekerereze, #Imyitwarire ndetse n'#Imigirire. Umuyobozi Mukuru w'IKIGO NYARWANDA CY'UBUZIMA BUSHINGIYE KU MUCO: Tel:+250788514177/+250725520312, Whatsapp: +250733090143. Kigali, GISOZI, KG 774 Street.